Abana babiri bapfiriye mu mpanuka y’imodoka yari itwaye abanyeshuri yaguye mu Mugezi wa Cyongoroka hafi y’Agantere ka Kamabuye mu Kagari ka Ntendezi mu Murenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke.
Guverinoma y’u Rwanda yahaye iya Zimbabwe toni 1000 za kawunga mu kuyifata mu mugongo nyuma yo kwibasirwa n’inkubi y’umuyaga wa El Nino ugateza amapfa. Iyi nkunga yatanzwe kuri uyu wa Kane na ...
Perezida Paul Kagame yatangaje ko kugeza umuriro w’amashanyarazi ku Banyarwanda no hirya no hino mu gihugu byabaye imbarutso y’iterambere rishingiye ku ishoramari ryaba iry’imbere mu gihugu cyangwa ...
Hari abashoramari b'abanyamahanga bishimira uburyo u Rwanda ruborohereza igihe bifuza kohereza amafaranga y'inyungu aba yaturutse mu ishoramari ryabo mu Rwanda. Aba bavuga ko ari kimwe mu bibatera ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Sosiyete Nyarwanda y'Ubwikorezi bwo mu Kirere, RwandAir, yatangaje ko igiye guhagarika ingendo ziva n'izijya mu Mujyi wa Cape Town muri Afurika y'Epfo. Ni icyemezo cyatangajwe kuri uyu wa Kabiri, ...
Urukiko rw'Ubujurire rwari kumva Ubushinjacyaha icyo buvuga ku bwiregure bwa Jean Baptiste Mugimba wahamijwe ibyaba bya Jenoside yakorewe Abatutsi, byatumye akatirwa igifunguzo cy'imyaka 25, nyuma ...
APR FC yanganyije na Pyramids FC igitego 1-1 mu mukino ubanza w'ijonjora rya kabiri rya CAF Champions League, irushanwa ...
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yavuze ko amagambo n’ibindi bica ntege ahura na byo bimwubakamo imbaraga zo gukora byiza kandi byinshi kurushaho aho kumuca ...
Umusaruro mbumbe w’u Rwanda wageze kuri miliyari 4,525 Frw mu Gihembwe cya Kabiri cya 2024, uvuye kuri miliyari 3,972 Frw wariho mu gihe nk'icyo mu 2023. Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare ...
Perezida Kagame yagaragaje ko politiki, idini n’umuco bisobanuye byinshi mu buzima bw’abatuye Isi ariko by’umwihariko bikaba byaragize uruhare rukomeye mu kubaka u Rwanda rwari rwarasenyutse ndetse ...