Abana babiri bapfiriye mu mpanuka y’imodoka yari itwaye abanyeshuri yaguye mu Mugezi wa Cyongoroka hafi y’Agantere ka Kamabuye mu Kagari ka Ntendezi mu Murenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke.
Guverinoma y’u Rwanda yahaye iya Zimbabwe toni 1000 za kawunga mu kuyifata mu mugongo nyuma yo kwibasirwa n’inkubi y’umuyaga wa El Nino ugateza amapfa. Iyi nkunga yatanzwe kuri uyu wa Kane na ...
Perezida Paul Kagame yatangaje ko kugeza umuriro w’amashanyarazi ku Banyarwanda no hirya no hino mu gihugu byabaye imbarutso y’iterambere rishingiye ku ishoramari ryaba iry’imbere mu gihugu cyangwa ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Abaturiye Umuhora wa Kaduha mu Ntara y’Amajyepfo bavuga ko bari mu bwigunge bitewe n’ikibazo cy’imihanda imeze nabi ku buryo nta buhahirane bukorwa uko bikwiye. Hari aho bibasaba ikiguzi cy'amafaranga ...
Bamwe mu batuye mu Mujyi wa Kigali bavuga ko ikiguzi cyo gushyingura gikomeje gutumbagira biturutse ku guhenda kw’ikuguzi cy’imva, isanduku, gukodesha imodoka itwara umurambo n’imihango irimo gukaraba ...
Abatuye mu Murenge wa Bugarama mu Karere ka Rusizi bagaragaje ko gushyira hamwe no kudasiganira kwita ku isuku n'isukura, ari byo byatumye bagera ku isuku ihagaragara muri iki gihe. Ibi byanatumye ...
Perezida Kagame yavuze ko imiyoborere myiza no koroshya urujya n’uruza hagati y’u Rwanda n’ibindi bihugu bya Afurika byafashije mu kugira Igihugu kiza mu bya mbere mu koroshya ubucuruzi n’ishoramari ...
Perezida Kagame yavuze ko we n’abandi Banyarwanda benshi, amateka mabi yagejeje u Rwanda kuri Jenoside yakorewe Abatutsi, yabigishije kandi amasomo yayavanyemo amufasha iyo ashyira mu bikorwa ...