Abana babiri bapfiriye mu mpanuka y’imodoka yari itwaye abanyeshuri yaguye mu Mugezi wa Cyongoroka hafi y’Agantere ka Kamabuye mu Kagari ka Ntendezi mu Murenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke.
Guverinoma y’u Rwanda yahaye iya Zimbabwe toni 1000 za kawunga mu kuyifata mu mugongo nyuma yo kwibasirwa n’inkubi y’umuyaga wa El Nino ugateza amapfa. Iyi nkunga yatanzwe kuri uyu wa Kane na ...
Perezida Paul Kagame yatangaje ko kugeza umuriro w’amashanyarazi ku Banyarwanda no hirya no hino mu gihugu byabaye imbarutso y’iterambere rishingiye ku ishoramari ryaba iry’imbere mu gihugu cyangwa ...
Hari abashoramari b'abanyamahanga bishimira uburyo u Rwanda ruborohereza igihe bifuza kohereza amafaranga y'inyungu aba yaturutse mu ishoramari ryabo mu Rwanda. Aba bavuga ko ari kimwe mu bibatera ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Sosiyete Nyarwanda y'Ubwikorezi bwo mu Kirere, RwandAir, yatangaje ko igiye guhagarika ingendo ziva n'izijya mu Mujyi wa Cape Town muri Afurika y'Epfo. Ni icyemezo cyatangajwe kuri uyu wa Kabiri, ...
Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB rwasabye abantu bose gutangira ku gihe amakuru ku bakora ihohoterwa rishingiye ku gitsina, no kubungabunga ibimenyetso bifasha abahohotewe kubona ubutabera.
APR FC yanganyije na Pyramids FC igitego 1-1 mu mukino ubanza w'ijonjora rya kabiri rya CAF Champions League, irushanwa ...
Urukiko rw'Ubujurire rwari kumva Ubushinjacyaha icyo buvuga ku bwiregure bwa Jean Baptiste Mugimba wahamijwe ibyaba bya Jenoside yakorewe Abatutsi, byatumye akatirwa igifunguzo cy'imyaka 25, nyuma ...
Kuri uyu wa Gatanu, Uwayezu Jean Fidele wari Perezida w'ikipe ya Rayon Sports, yasezeye kuri uyu mwanya. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n'ubuyobozi bw'iyi kipe ku mbuga nkoranyambaga zayo, rivuga ko ...
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yavuze ko amagambo n’ibindi bica ntege ahura na byo bimwubakamo imbaraga zo gukora byiza kandi byinshi kurushaho aho kumuca ...
Hari abatega Moto mu Mujyi wa Kigali binubira isuku ya bamwe mu bamotari, bavuga ko hari ubwo ingofero (Casques) bambika abagenzi ziba zisa nabi, zishaje cyangwa bambaye imyenda itameshe. Wasanga na ...