Perezida Paul Kagame yatangaje ko kugeza umuriro w’amashanyarazi ku Banyarwanda no hirya no hino mu gihugu byabaye imbarutso y’iterambere rishingiye ku ishoramari ryaba iry’imbere mu gihugu cyangwa ...
Perezida Emmanuel Macron yagize Michel Barnier nka Minisitiri w'Intebe w'u Bufaransa Mushya.
Hari abashoramari b'abanyamahanga bishimira uburyo u Rwanda ruborohereza igihe bifuza kohereza amafaranga y'inyungu aba yaturutse mu ishoramari ryabo mu Rwanda. Aba bavuga ko ari kimwe mu bibatera ...
Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB rwasabye abantu bose gutangira ku gihe amakuru ku bakora ihohoterwa rishingiye ku gitsina, no kubungabunga ibimenyetso bifasha abahohotewe kubona ubutabera.
Sosiyete Nyarwanda y'Ubwikorezi bwo mu Kirere, RwandAir, yatangaje ko igiye guhagarika ingendo ziva n'izijya mu Mujyi wa Cape Town muri Afurika y'Epfo. Ni icyemezo cyatangajwe kuri uyu wa Kabiri, ...
Imyaka 5 irashize amatara yakoreshwaga kuri Stade Umuganda ajyanwe i Huye ndetse kuva icyo gihe nta mukino urakinirwa mu Karere ka Rubavu mu ijoro. Abatuye i Rubavu basabye ubuvugizi ngo iki kibazo ...
Urukiko rw'Ubujurire rwari kumva Ubushinjacyaha icyo buvuga ku bwiregure bwa Jean Baptiste Mugimba wahamijwe ibyaba bya Jenoside yakorewe Abatutsi, byatumye akatirwa igifunguzo cy'imyaka 25, nyuma ...
APR FC yanganyije na Pyramids FC igitego 1-1 mu mukino ubanza w'ijonjora rya kabiri rya CAF Champions League, irushanwa ...
Hari abatega Moto mu Mujyi wa Kigali binubira isuku ya bamwe mu bamotari, bavuga ko hari ubwo ingofero (Casques) bambika abagenzi ziba zisa nabi, zishaje cyangwa bambaye imyenda itameshe. Wasanga na ...
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yavuze ko amagambo n’ibindi bica ntege ahura na byo bimwubakamo imbaraga zo gukora byiza kandi byinshi kurushaho aho kumuca ...
Umusaruro mbumbe w’u Rwanda wageze kuri miliyari 4,525 Frw mu Gihembwe cya Kabiri cya 2024, uvuye kuri miliyari 3,972 Frw wariho mu gihe nk'icyo mu 2023. Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare ...